资讯

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rugiye gushyiraho urubuga rumwe rwihariye, ruzajya rutangirwaho serivise z’abashoramari n’abacuruzi, hejuru yi 50% izi serivise zikajya zitangwa hifashishijwe ...
Avuga kuri ibi bitero, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yagaragaje ko ari ikimenyetso cy’uko ingufu za ...
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Umubyeyi witwa Umutesi Solange ukora akazi k'irondo ry'umwuga mu Murenge wa Gahanga w’Akarere ka Kicukiro, yagiriye inama bagenzi be gutinyuka bagakoresha neza amahirwe igihugu cyahaye umugore, kuko ...
Inzobere mu mitekerereze zisaba ababyeyi bagira ibimenyetso by’ihungabana nyuma yo kwibaruka kugana abaganga, kugira ngo birinde ingaruka mbi byagira ku buzima bwe, ubw’umwana ndetse n’umuryango muri ...
Impuguke mu bukungu zigaragaza ko guhemba umukozi amafaranga adatuma yiteza imbere, bigira ingaruka ku musaruro atanga, bikaba n’umutwaro ku gihugu. Ibi ni mu gihe hari abakozi barimo n’abo mu nganda ...
Bamwe mu bafite utubari ndetse n'abatugana mu Mujyi wa Rubavu, barinubira ko hari utubari tumwe dufungwa nyamara hari utundi dukesha, ibyo bashingiraho basaba ko amabwiriza yubahirizwa kimwe ku tubari ...
Title Details Download; Job ann 2025: Job an 2025 {730Kb }Part Time RUSIZI: Part Time RUSIZI {215Kb }Part Time RUBAVU: Part Time RUBAVU {210Kb }Part Time NYAGATARE: Part Time NYAGATARE ...
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Umubyeyi witwa Kanyumba Libérée wagize ikibazo cyo guturika k’udutsi two mu bwonko, ibizwi nka stroke mu ndimi z’amahanga akamara igihe muri koma anatwite, avuga ko byamugizeho ingaruka zikomeye ku ...
Minisitiri w'Intebe, Dr. Edouard Ngirente avuga ko Abanyarwanda barenga 75% ubu bashobora kugera ku kigo cy’ubuvuzi bw’ibanze mu gihe kiri munsi y’iminota 30, ndetse ngo leta yatangiye kuhashyira ...
Umuryango EJO TWIFUZA n’inzego zitandukanye za Leta batangije ubukangurambaga mu bigo by'amashuri bugamije kurwanya icuruzwa ry'abantu. Abanyeshuri bahawe ikiganiro kigaruka ku mayeri akoreshwa mu ...